Kongera ibiro bishobora gusobanura kimwe mubintu bibiri: gukora cyane kugirango ugabanye ibiro cyangwa gusohora amafaranga…
-
-
Ibyubaka umubiri n’uruhererekane rwa amino acide (icyo twakita amatafari noneho inzu ikaba ibyubakamuburi cyangwa protein…
-
INFANCY AND EARLY CHILDHOOD FEEDING
IMIRIRE Y’ABANA N’IMYIFATIRE; MUGIHE BIFUZA KUBYIBUHA CYANGWA KUGIRA UBUSHAKE BYO KURYA
“Abana banjye ntibakunda kurya, icyo nakora cyose, Ese nabaha za Multivitamin? Icyo NutriRwanda twagusubiza Abana…
-
Mwonkwe mwonkwe! niba ugiye gusoma ubu butumwa umaze kwibaruka, umubyeyi ukibyara aba yatakaje ingufu ndetse…
-
IMIRIRE N'INDWARAKUBUNGABUNGA IBIROKWITEGURA GUSAMANUTRITION THERAPY
Ubugumba n’imirire: ese imirire yaba igira uruhare mukuba ingumba cyangwa ikiremba
Imirire, imibereho umuntu aba abayeho ( kunywa itabi ndetse no gukoresha inzoga nyinshi), kuba waragize indwara zandurira mumibonano mpuzabitsina, gukoresha imiti imwe n’imwe cyangwa gukorera ahantu haba ibinyabutabire, radiation, ihumanywa ry’ikirere, indwara zitandura (diyabete, umuvuduko mwinshi w’amaraso (hypertension), ibinure byinshi mumaraso,.. ikindi kugira uburemba ukiri moto akenshi biba bivuze ko uzagira indwara zitandura mumyaka iri mbere
-
IMIRIRE N'INDWARAKUBUNGABUNGA IBIROINDWARA Z'UMUTIMA
RWANYA KUBA IMBATA Y’ISUKALI: UBWOKO 4 BURANGA ABANTU BABASWE N’ISUKALI
Waba ukunda isukali bikabije? Niba igisubizo ari yego, ntabwo uri wenyine. Abatunganya ibiribwa bongeramo byibuze…
-
Intoryi ni ubwoko bw’imboga bumaze igihe kitari giko zihingwa ndetse zikanaribwa henshi hatandukanye kw’isi aho…
-
KUBUNGABUNGA IBIROINDWARA Z'UMUTIMA
AKAMARO KO KWIYIRIZA UBUSA K’UBUZIMA MURWEGO RWO KWIRINDA INDWARA
Ushobora kwibaza nibiki biba mumubiri mugihe umuntu yiyirije (kudafata amafunguro)? Ese umubiri wirwanaho gute? Ese…
-
Umubyibuho ukabije ufitanye isano n’izindi ndwara zitandura gahoro gahoro uko ukomeza kubana nawo, abantu baratandukanye…
-
NUTRITION THERAPY
AKAMARO K’URUGINGO RW’ IMPYIKO: IBIRIBWA WAKWIRINDA MUGIHE UFITE UBURWAYI BW’IMPYIKO
Indwara y’impyiko n’ikibazo gikomeye kandi gihangayikishije umuryango ni si muri rusange, aho 10% mubatuye kw’isi…